News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda ruzakomeza ingamba z’ubwirinzi FDLR nikomeza guhabwa intebe muri DRC – Soma inkuru ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Abanyarwanda n'Abanyamahanga bari mu Rwanda ndetse n'impuguke mu mategeko n'imiyoborere, baremeranya n'icyegeranyo cya Rule Of Law Index 2024 gishyira u Rwanda ku isonga mu bihugu bitekanye muri ...
Inzobere mu by’ubwubatsi n’abakenera izo serivisi kuri uyu wa Kabiri bamurikiwe system ivuguruye, isabirwamo impushya zo kubaka igamije kwihutisha imitangire ya serivisi. Ni system igamije gushyira mu ...
Abacanshuro b'Abanyaburayi bakoreshwaga na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, mu kurwanya Umutwe wa M23 bageze mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Mutarama 2025.
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade yatangaje ko mu ntangiro za Kamena 2024, azashyira hanze indirimbo yise ‘Nyiragongo’ yiteze ko izashimisha abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange. Ni ...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy'umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC cyatewe n'intambara hagati ya FARDC na M23 kitazakoma mu nkokora iri rushanwa rizenguruka Igihugu ku magare ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...