News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda ruzakomeza ingamba z’ubwirinzi FDLR nikomeza guhabwa intebe muri DRC – Soma inkuru ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Ikipe ya APR FC yasinyishije Rutahizamu w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara, amasezerano y’imyaka ibiri. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 23 Mutarama 2025, ni bwo Cheick Djibril Ouattara, ...
Abanyarwanda n'Abanyamahanga bari mu Rwanda ndetse n'impuguke mu mategeko n'imiyoborere, baremeranya n'icyegeranyo cya Rule Of Law Index 2024 gishyira u Rwanda ku isonga mu bihugu bitekanye muri ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga itegura ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abitabiriye iyi nama bakaba bahurije ku kuba ibikorwa byo kwibuka bigomba ...
Inzobere mu by’ubwubatsi n’abakenera izo serivisi kuri uyu wa Kabiri bamurikiwe system ivuguruye, isabirwamo impushya zo kubaka igamije kwihutisha imitangire ya serivisi. Ni system igamije gushyira mu ...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy'umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC cyatewe n'intambara hagati ya FARDC na M23 kitazakoma mu nkokora iri rushanwa rizenguruka Igihugu ku magare ...
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade yatangaje ko mu ntangiro za Kamena 2024, azashyira hanze indirimbo yise ‘Nyiragongo’ yiteze ko izashimisha abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange. Ni ...
Minisitiri w'Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine yatanze ibisobanuro muri Komisiyo y'imiyoborere ubwuzuzanye bw'abagabo n'abagore mu Nteko Ishinga Amategeko, ku bibazo bireba Minisiteri y'Ibidukikije ...