Formula 1 ivuga ko "ikurikiranira hafi" intambara muri DR Congo mu gihe u Rwanda rwasabye kwakira isiganwa rya Grand Prix. Ibyo byatangajwe mu gusubiza ibaruwa F1 yandikiwe na Thérèse Kayikwamba ...
Leta ya Congo irasaba ko izo ngabo za LONI zitangira kuva muri icyo gihugu igihe icyo gihugu kizaba cyubahiriza isabukuru y'imyaka 50 y'ubwigenge bwacyo, Congo irifuza ko ingabo zizaba zimaze kuva ...